MURUNGI SABIN , Umwe mubantu bakora itangazamakuru mu Rwanda neza kandi cyane ,gusa abantu benshi ntibamuzi kuko ntakunda kwigaragaza mu itangaza makuru cyane ko ni inkuru akora zose azikora atagaragara muri video, aho bagaragaza uwo bari kuganira gusa ariko we ntagaragare.

Amazina ye yose yitwa MUNYENGABE MURUNGI Sabin akaba ari umunyamakuru w’ikinyamakuru cyitwa igihe.com mukwandika , akaba yaragiye akorera ibinyamakuru bitandukanye, nk’inyarwanda , ikindi n’uko ari we nyiri ikinyamakuru gikorera kuri internet cyitwa ISIMBI TV.

Uyu kandi nkuko yagiye abigaragaza kenshi mubintu akora ngo ahora yifuza gukora ibye atarebeye kubandi, ahubwo ngo yifuza cyane kurenza amaso umupaka akagera kure ,iki ninacyo gituma atajya yicara ahubwo ahora akora cyane ngo ibyo byose bizagerweho.

Uyu SABIN akaba ari nawe wakoze inkuru y’umukinnyi wa filmi cyane uzwi witwa NDIMBATI ,avugwaho gusamabanya umwana utujuje imyaka y’ubukre byatumye ubu afunzwe mugihe agikurikinanweho icyo cyaha.gusa n’ubwo bimeze gutyo ntabwo Sabin aragira ikintu na kimwe atangaza kuri iyi ngingo ya NDIMBATI nubwo abantu benshi bakomeje kumwijundika, bavuga ko yaba yaramugambaniye.

 

Ni ikinyamakuru cyashyizweho kigamije gutangaza amakuru y’umwihariko yo hirya no hino ku isi, yigisha, asana imitima ndetse anamenyesha.

TWANDIKIRE

Phone/ WhatsApp: +250788205788

Email: info@imirasiretv.com

Izo twaguhitiyemo

©2021-2024 IMIRASIRE TV Ltd. All Right Reserved